Beruflich Dokumente
Kultur Dokumente
“Hariho n’umuhanuzikazi witwaga Ana, mwene Ariko nta bundi marayika w’Uwiteka yongeye kwiyereka
Fanuweli wo mu muryango wa Asheri, yari umukecuru wa kera. Manowa cyangwa umugore we. Ubwo Manowa amenya ko ari
Amaze gushyingirwa yamaranye n’umugabo we imyaka irindwi, marayika w’Uwiteka.
noneho amara imyaka mirongo inani n’ine ari Maze Manowa abwira umugore we ati: ‘Ni ukuri turapfa
umupfakazi. Yahoraga mu rusengero aramya Imana, yiyiriza kuko turebye Imana’.
ubusa, asenga ku manywa na nijoro. Umugore we aramubwira ati: ‘Iyaba Uwiteka yashatse
Muri uwo mwanya na we araza ashima Imana, avuga kutwica, ntaba yemeye igitambo cyacu cyoswa cyangwa
ibya Yesu abibwira bose bari bategereje gucungurwa kw’i icy’amafu y’impeke, ntaba yatweretse ibyo byose kandi ntaba
Yerusalemu. (Yari arimo avuga nde? Yarimo avugaYesu). yatubwiye nk’ibyo muri iki gihe”.
Ababyeyi ba Yesu barangije ibyategetswe n’amategeko Ni ukuvuga ngo ntaba yababwiye ko bazabyara uwo
y’Umwami Imana byose, basubira i Galilaya mu mudugudu mwana. Igihe yavutse bamwise nde? Bamwise Samusoni. Yari
wabo i Nazareti. umwana udasanzwe, yari umwana Imana yasezeranije, ko
Nuko uwo mwana arakura, agwiza imbaraga, yuzuzwa agomba kuvukira aha ku Isi kandi akazasohoza umwanya
ubwenge kandi ubuntu bw’Imana bwari muri we”. ukomeye muri Gahunda y’Imana.
“UGUKURURA KW’ABANA”. Na none kandi ni na ko twumva Yohana Umubatiza na
Ugukura kw’abana ibi ni ngenzi cyane. Ni yo mpamvu we yari umwana udasanzwe, wazanywe no kugira ngo agire
mwe nk’abana muri mu gihembwe cy’ingenzi mu buzima uruhare asohoza rukomeye muri Gahunda y’Imana.
bwanyu, muri icyo gihembwe Ijambo mwe muba murimo Kimwe n’umwana Yesu na we, yari umwana udasanzwe,
mwumva riragenda rikagera mu bugingo bwanyu kandi yazanywe no gusohoza gahunda ikomeye muri Gahunda
rikigaragariza (aho rigahinduka umubiri mu bugingo bwanyu) y’Imana, nuko nyuma yaho agapfira ku Musaraba i Kaluvari,
kugira ngo mwere imbuto nyinshi, imbuto z’Imana; kimwe bityo yishyizeho ibyaha byacu byose.
nk’umwana Yesu, nawe, “yarakuraga akarushaho gukomera, Rero buri wese muri mwe namwe bana bato, muri abana,
agwiza ubuntu ndetse n’ubumenyi, mu maso y’Imana”. abana badasanzwe, mwese mwaje aha ku Isi muje gusohoza
Rero Mariya yigishaga Ijambo, akigisha Bibiliya, intego runaka y’Imana.
umwana Yesu, kandi iryo Jambo yabaga arimo yigishwa ni ryo Rero mumenye namwe ko hariho umugisha ukomeye
ryamuhaga gukomera nk’umwana Yesu; kubera ko Ijambo ugenewe mwe mwese kandi ko mugomba gukomeza gukura
ry’Imana ni ryo ridusubizamo imbaraga, kuko Ijambo ry’Imana atari ugukura mu gihagararo gusa cy’umubiri ufatika ahubwo
ni byo byokurya byo mu mwuka bigenewe ubugingo bwacu. mugakura no mu buryo bwo mu mwuka; mukarushaho gukura
Ni nk’ibyokurya bisanzwe: ibishyimbo, umutsima mu kugira ubumenyi bw’Imana no kumenya Imana na Gahunda
cyangwa se za chapati, ibyo kimwe n’ibindi byose abana Yayo, kandi mugakomeza gukura mugwiza imbaraga yaba mu
bakunda abana b’aha muri Repubulika ya Mexique, ibyo byose mubiri ufatika (ibyo mubihabwa n’ibiryo murya) ariko na none
bibasubizamo imbaraga mu buryo bw’umubiri ufatika: bikabaha mugakura no mu buryo bwo mu mwuka (ari ko kurya ibyokurya
gukomera kugira ngo mubeho, mubashe kujya ku mashuri, byo mu mwuka ndetse mukarushaho kurya Ijambo ry’Imana, ari
mufashe ababyeyi banyu; papa na mama; rero uko ni ko bimeze byo byokurya byo mu mwuka bigenewe ubugingo bwanjye
no ku byokurya byo mu mwuka, ari ryo Jambo ry’Imana, ni ryo
8 DR. WILLIAM SOTO SANTIAGO UGUKURA KW’ABANA 5
“Manowa arahaguruka akurikira umugore we, asanga Jambo risubiza imbaraga mu bugingo no mu mwuka ba bana
uwo mugabo aramubaza ati: ‘Mbese ni wowe wavuganaga bato, ndetse no ku rubyiruko n’abakuze na bo ni uko.
n’uyu mugore?’ Na we ati: ‘Ni jyewe’. Kubera ko “umuntu atabeshwaho n’umutsima gusa” ni
Manowa ati: ‘Ibyo wavuze nibisohora, mbese azaba ari ko Yesu yavuze ndetse n’umuhanuzi Mose yarabivuze, “ntabwo
muntu ki, cyangwa azakora iki?” umuntu yabeshwaho n’umutsima gusa, ahubwo yabeshwaho na
Rero ni ingezi kumenya uburyo bw’imibereho y’umwana, buri Jambo ryose rituruka mu kanwa k’Imana”1. Kandi akanwa
umwana uba waturutse ku Mana aje aha kuri uyu mubumbe k’Imana ni abahanuzi b’Imana.
w’Isi, Ijambo ryose rituruka mu bahanuzi b’Imana, basizwe
“… cyangwa azakora iki (ni ukuvuga uwo mwana)?. n’Umwuka w’Imana, iryo Jambo ni byo byokurya byo mu
Marayika w’Uwiteka abwira Manowa ati: ‘Ibyo nabwiye mwuka bigenewe ubugingo bwacu; kandi ni na byo bisubiza
uyu mugore byose abyirinde. imbaraga mu bugingo bwacu no mu mwuka wacu kugira ngo
Ntakarye ikintu cyose kivuye ku muzabibu, ntakanywe turusheho gukataza tugana imbere mu buzima kandi tugende
vino cyangwa igisindisha, habe no kurya ikintu cyose dukura dufite ubuzima bwiza bwo mu mwuka, turushaho
gihumanya. Nuko yitondere ibyo namubwiye byose’. gukorera Imana kandi bityo twakira ubumenyi bwa Gahunda
Manowa abwira marayika w’Uwiteka ati: ‘Udukundire Yayo igenewe igihe tuba twaragenewe kubamo.
ube ukiri aha, tukubagire umwana w’ihene’. Ndetse uko ni na ko abana na bo buzuzwa ubumenyi
Marayika w’Uwiteka abwira Manowa ati: ‘Naho kubera ko aho ni ho bahabwa ubumenyi bw’Imana, kandi
nakwemerera sinarya ibyokurya byawe, ariko niba ushaka bakakira Ijambo ry’Imana na Gahunda Yayo ijyanye n’igihe
gutunganya igitambo cyoswa, ukwiriye kugitambira Uwiteka’. baba barimo; uko ni na ko bahabwa n’ubumenyi bujyanye
Ariko ubwo Manowa yari ataramenya ko ari marayika n’amateka yose ya Bibiliya avuga ibyo Imana yakoze muri ibyo
w’Uwiteka. (ni ukuvuga ngo, Manowa yari ataramenya ko ari bihe byose byamaze gutambuka, ndetse bakamenya n’uburyo
Malayika w’Uwiteka). Imana yatumye abahanuzi, uburyo yavugiye mu bahanuzi,
Nuko Manowa abaza marayika w’Uwiteka ati: ‘Witwa uburyo yahamagaye ishyanga Ryayo, uburyo yacunguye
nde, kugira ngo ibyo wavuze nibisohora tuzagukurire ubwatsi?’ ishyanga Ryayo ry’abaheburayo ndetse n’uburyo yagiye ibaha
Marayika w’Uwiteka aramubwira ati: ‘Urambariza iki umugisha, kandi hagiye haba abana benshi mu baheburayo na
izina ryanjye, ko ari izina ritangaza?”. bo mu bihe byagiye bitandukana.
Mu bundi busobanuro biravugwa ngo: “ni izina rihishe”. Rero buri gihe haba hariho abana benshi kuruta abakuru.
“Nuko Manowa afata umwana w’ihene n’igitambo Kubera iki? Kubera ko mu rugo haba hariho ubusanzwe abantu
cy’amafu y’impeke, abitambira Uwiteka hejuru y’igitare. bakuze 2: papa na mama gusa, kandi hakaba hari 1, 2, 3, 4, 5,
Marayika aherako akora igitangaza, Manowa n’umugore we ndetse hari n’igihe habaho abana 9 ndetse na 12; ni ukuvuga ko
babireba. abo bana aba ari benshi, umubare wabo aba ari munini kuruta
Nuko ibirimi by’umuriro biva mu gicaniro bitumbagira uw’abantu bakuru.
mu ijuru, marayika w’Uwiteka azamuka mu birimi by’umuriro
w’igicaniro Manowa n’umugore we babireba, baherako bagwa
1
hasi bubamye. Matayo 4:4, Luka 4:4, Gutegeka kwa kabiri 8:3
6 DR. WILLIAM SOTO SANTIAGO UGUKURA KW’ABANA 7
Ni yo mpamvu rero abana bato baba bagomba umwana w’umuhungu (ibyo byanditse mu Abacamanza igice
kwigishwa. Kuko haratubwira ngo: “Igisha umwana, inzira cya 13). Nuko umugore wa Manowa yari ingumba, kandi
akwiriye kunyuramo; ni ukuvuga ngo igihe azamera (ate?) Manowa n’umugore we basengaga basaba umwana
azaba akuze (ni ukuvuga ngo ashaje; yakuze) ntabwo iyo nzira w’umuhungu; nuko Malayika w’Uwiteka arabiyereka, yiyereka
azayivamo”. (Ibyo byanditse mu Imigani igice cya 22, Manowa…
umurongo wa 6). Ntabwo azigera ava mu nzira y’Imana, ntabwo Malayika w’Uwiteka ni wa wundi Yesu Kristo ariko ari
azigera ava mu Ijambo ry’Imana, ni ukuvuga ngo ntabwo mu mubiri We wa tewofaniya ugaragara mu Isezerano rya Kera;
azigera ava ku Mana umuremyi w’Amajuru yose n’Isi; kandi ni umugabo, umumalayika, ariko wo mu yindi dimansiyo
iyo ni yo azakorera iminsi yose yo kubaho kwe, kabone nagera (ntabwo ari uwo muri iyi dimansiyo y’aha ku Isi), ahubwo aba
ubwo aba urubyiruko akaba mukuru ndetse ashaje; agendera ku ari mu mubiri We wo mu yindi dimansiyo (adafite n’umubiri
kabando, azakomeza kumenya ko umuremyi w’ Amajuru yose umeze nk’uyu wacu).
n’Isi ari Imana; akaba ari na Yo Mana Ye kuko ari na Yo Mana Rero yiyeretse umugore wa Manowa amubwira ko
imwe rukumbi, akaba ari na Yo Mana ya Aburahamu, Isaka na azabyara umwana w’umuhungu, nyuma yaho amubwira ko
Yakobo, rero iyo ni Yo mu Isezerano rya Kera yitwaga akwiriye kugira ibintu yirinda. Nyuma yaho ajya ku bitekerereza
Malayika w’Isezerano cyangwa se Yehova, naho mu Isezerano umugabo we, Manowa na we asenga Imana kugira ngo Imana
Rishya yitwa nde? Yitwa Umwami Yesu Kristo. Ni na We kandi yongere itume uwo Malayika agaruke, uwo mugabo, kubera ko
wa wundi wo mu Isezerano rya Kera akaba ari na We wo mu Manowa yifuzaga kuba yavugana na we.
Isezerano Rishya. Imana irongera ituma Malayika Wayo, Malayika
Rero abana baba bakeneye gukura atari ugukura gusa mu w’Uwiteka (uwo ni Imana ubwayo ariko iri mu mubiri Wayo wa
buryo bw’umubiri ufatika ahubwo bagakura no mu buryo bwo tewofaniya); nuko arongera yiyereka umugore wa Manowa, aho
mu mwuka; kandi abana baba bakeneye no gukomeza gukura no hari ku wundi munsi. Nuko we aragenda ajya guhamagara
gukomera mu bugingo bwabo no mu mwuka wabo, ibyo rero umugabo we Manowa, kugira ngo na we aze arebe Malayika
bikoreshwa Ijambo ry’Imana, ari byo byokurya byo mu mwuka ndetse avugane na we; nuko igihe yaje, Malayika yari akiri aho,
bigenewe ubugingo, ibyo ni ukugira ngo umuntu arusheho yari umugabo wo yindi dimansiyo.
gukomera, agire ubuzima bwiza bwo mu mwuka, arusheho Manowa aramubwira ati: “Ese ni wowe wa mugabo
gukunda Imana kandi ayikorera n’ubugingo bwacu bwose, wavuganye n’umugore wanjye wa munsi?”. Malayika
n’ibitekerezo byacu byose, n’imibereho yacu yose, n’imbaraga aramubwira ati: “Yego ni jye”.
zacu zose n’umwuka wacu wose; ibyo kandi buri gihe bigatuma Nuko aramubwira ati: “Ese tuzamurere gute uwo mwana
turushaho gukomeza mu nzira y’Imana, kandi tuyinezeza muri wabwiye umugore wanjye ko tuzabyarana?”. Nuko aramubwira
byose. ati: “Umugore wawe azitondere ibyo namubwiye byose
Rero murimo murumva akamaro ko kwakira inyigisho azabyirinde…”. Reka tuze tubyumve, reka twumve ayo mateka;
z’Ijambo, zihabwa abana, mu gihe baba barimo banyura muri agaragara aho mu gice cya 13 mu gitabo cy’Abacamanza,
icyo gihembwe cyo kuba ari abana bato. umurongo wa 11 ugakomeza, haravuga hati:
Habayeho umuryango w’abashakanye, ari bo Manowa
n’umugore we, basengaga Imana, nuko Imana irabasubiza ibaha