Sie sind auf Seite 1von 6

12 DR.

WILLIAM SOTO SANTIAGO

Mwumvise uburyo buri mwana wese agomba gukura?


Buri mwana wese agomba gukura agwiza ubumenyi, agwiza
ubuhanga, afite ubuhanga bwa Gahunda y’Imana (ari bwo
bwenge buturuka ku Mana, ntimwumva?); kandi mukarushaho
gukura mugwiza imbaraga mu bugingo no mu mwuka ku
bw’Ijambo ry’Imana, mukarushaho kumenya Gahunda y’Imana UGUKURA KW’ABANA
ndetse mugendera muri Gahunda y’Imana, mukarushaho no
gukura mu buryo bw’umubiri ufatika. Nk’uko murya mu buryo
busanzwe, mukarya ibyokurya, ni ukugira ngo mukure mu Kuwa Gatandatu, 22 Kanama 1998
buryo bw’igihagararo, mu buryo bw’umubiri ufatika. Veracruz, Veracruz, Mexique
Rero mukorere Kristo muri Gahunda Ye ndetse no mu
gisekuru Cye, ari cyo Gisekuru cy’Ibuye Rikomeza Imfuruka,
muri Disipansasiyo y’Ubwami, mu mukorera n’ubugingo
bwanyu bwose n’imbaraga zanyu zose ndetse no gusobanukirwa
kwanyu kose; bityo uko ni ko iteka ryose muzahora
mugundiriye Kristo mutamurekura kandi mube muri ibikoresho
by’umukundwa wacu Umwami Yesu Kristo.
Ni ukubera ko mu Bwami bwa Kristo, ari ho mu Bwami
bw’Amajuru, hariyo Umurimo ugenewe n’abana bato, kubera
ko Imana ntabwo ishaka inkorabusa mu Bwami Bwayo. Rero
muhabwa amahirwe nk’abana kugira ngo namwe mubashe
gukora mu Murimo Wayo bityo muheshe icyubahiro Imana,
bityo namwe Imana ibakoreshe mukiri muri iki gihembwe cyiza
cyane cyo kuba muri abana bato ari cyo gihembwe mwe ubu
murimo.
Icyampa Imana ikabaha umugisha, bana bato, abana
b’Intare yo mu muryango wa Yuda; namwe abarimu b’abagore
ndetse n’abagabo bigisha abana, Imana ibahe umugisha
bikomeye; kandi ibakoreshe umunsi k’uwundi irusheho
kubakoresha. Mu Izina ry’Iteka ry’Umwami Yesu Kristo. Amen
kandi amen.
“UGUKURA KW’ABANA”.
UGUKURA KW’ABANA 11

cy’iherezo, mu Gisekuru cy’Ibuye Rikomeza Imfuruka ndetse


no muri Disipansasiyo y’Ubwami. Kandi iteka ryose muhore
muri mu mirimo yose ya Data wo mu Ijuru, ari yo mirimo
y’Umwami Yesu Kristo, mukomeza gukora mu Murimo We,
kuko iyo mirimo yose natwe ni ho dukwiriye kuba turimo
dukorera.
Rero murimo murabona uburyo mwe abana bato, mugiye
mu ruganda cyangwa se mu biro runaka, mugashaka umurimo,
aho bababwita bati: “Muracyari abana bato. Nta murimo
w’abana nkamwe uri aha”. Ariko ntagushidikanya mu mirimo
yose ya Data wo mu Ijuru, aho hari umwanya w’abana kugira
ngo babashe gukora.
Mwe mwese namwe mwabasha gukora mu mirimo yose
ya Data wo mu Ijuru. Na We abasha kubaha amahirwe namwe
kugira ngo murusheho gukora mujyana Ubutumwa Bwiza kandi
mumenyeshe abandi bana na bo —kimwe n’abakuze
n’urubyiruko bose mu bamenyeshe— Ijambo ry’Imana
rigenewe iki gihe cyacu, muri Gahunda y’Imana y’iki gihe
cyacu bityo imigisha yose Imana ifitiye abantu bose ibashe
kubageraho muri iki gihe cy’iherezo.
Nuko rero bana bato, mukataze mugana imbere
mukomeze mukore mu Bwami bw’Imana; mwe abana
IBYAGENEWE UMUSOMYI nk’imfura z’Imana, abana batoranijwe n’Imana, abana bato
b’Intare yo mu muryango wa Yuda, ari we umukundwa wacu
Ni icyifuzo cyacu kugira ngo dusobanure ubu Butumwa
neza nk’uko bwabwirijwe. Kubera iyo mpamvu, ikosa iryo ari ryo
Umwami Yesu Kristo.
ryose ribonetse ni irituruka ku ifatamajwi, gusobanura cyangwa mu Icyampa Imana ikabaha umugisha, bana bato, Imana
icapiro, ntirigomba gufatwa nk’ikosa ry’Ubutumwa. ibarinde kandi ibakorehse cyane mu Murimo Wayo kandi vuba
Inyandiko ikubiye muri iki giterane ishobora kugenzurwa bidatinze twese duhindurwe kandi duhereko tugire umubiri
hifashishijwe aho bafatiye amajwi cyangwa amashusho.
Iki gitabo kigomba gukoreshwa ku nyigisho z’umuntu
mushya, w’iteka ryose, kandi uhawe ubwiza wa gisore,
zihariye kugeza ubwo zizatangazwa. ugaragara uri hagati y’imyaka 18 na 21, kugira ngo tujyane na
Byashyizwe mu Kinyarwanda bivanywe mu Cyesipanyole Kristo mu Birori by’Ubukwe bw’Umwana w’Intama, nyuma
bikuwe ku murongo wa Internet kandi umujyo umwe. yaho tuzaze no mu Ngoma y’Imyaka Igihumbi, nyuma yaho
dukomeze kubaho turi kumwe na Kristo mu iteka n’iteka ryose.
“UGUKURA KW’ABANA”.
10 DR. WILLIAM SOTO SANTIAGO

ndetse n’ubugingo bwa buri wese muri mwe), rero uko ni ko


murushaho kuzuzwa ubuntu bw’Imana.
Ubuntu bw’Imana rero burusheho kuba muri mwe
mwese, uko mugenda murushaho gukura yaba mu buryo bwo
mu mwuka ndetse no mu buryo bw’umubiri ufatika, kandi
mugakura no mu kugira ubuhanga n’ubumenyi mumenya Imana
ndetse na Gahunda Yayo. Nka kwa kundi Yesu yabivuze igihe
yarafite imyaka 12 yaravuze ati: “Mu mirimo ya Data yose ni ho
binkwiriye kuba ndi”. Ibyo byanditse muri Luka igice cya 2,
umurongo wa 41 ukageza kuri 52, aho ni ha handi baje gushaka UGUKURA KW’ABANA
Yesu, yasigaye mu isinagogi; nuko igihe bari bamubonye…
Aho ni mu gice cya 2, umurongo wa 46 ugakomeza: Dr. William Soto Santiago
“Hashize iminsi itatu bamubona mu rusengero yicaye
hagati y’abigisha, abateze amatwi kandi ababaza.
Kuwa Gatandatu, 22 Kanama 1998
Abamwumvise bose batangazwa n’ubwenge bwe n’ibyo Veracruz, Veracruz, Mexique
abasubiza”.
Ibyo ni ukubera iki? Ni uko yarimo akura (ate?) akura
mu bumenyi no kumenya Imana, kandi agakura no mu bwiza
bw’Imana, bwari bumurimo.
“Bamubonye baratangara nyina (Mariya) aramubaza ati:
M wiriweho, abana b’Intare zo mu muryango wa Yuda,
Umwami w’abami ndetse n’Umutware utwara abatware.
Icyampa imigisha ya Yesu Kristo Umucunguzi wacu, akaba ari
‘Mwana wanjye, ni iki cyatumye utugenza utya? Dore jye na so nawe mukuru wacu mukuru, imigisha yose ibe kuri mwe mwese
twagushatse dufite umutima uhagaze’. ndetse ibe no kuri jye nanjye; vuba bidatinze twese duhabwe
Arabasubiza ati: ‘Mwanshakiraga iki? Ntimuzi yuko umubiri mushya, wa gisore kandi w’iteka ryose, ugaragara ufite
binkwiriye kuba mu rugo rwa Data?’ imyaka iri hagati ya 18 na 21, kugira ngo tuwubemo turi kumwe
Ntibasobanukirwa n’iryo jambo ababwiye. na Kristo iteka n’iteka ryose. Mu Izina ry’Iteka ry’Umwami
Amanukana na bo ajya i Nazareti, agahora abumvira. Yesu Kristo. Amen kandi amen.
Ibyo byose nyina abibika mu mutima we. Habayeho umwana udasanzwe ari we waje aha ku Isi
Yesu akomeza kugwiza ubwenge, abyiruka ashimwa hashije imyaka ibihumbi bibiri, uwo ni we ntangarugero mu
n’Imana n’abantu”. bana bose. Ese uwo mwana ni nde? Ni umwana Yesu. Yesu
Ntimvumva, ubu ni bwo buryo mugomba gukura: mu yanyuze muri icyo gihembwe cyo kuba umwana muto, kimwe
gakura mu bwenge mugwiza imbaraga, ndetse n’ubuntu mu nkamwe uko murimo munyura muri icyo gihembwe ubu.
maso y’Imana. Ariko mwumve, uburyo yavutse, nyuma y’iminsi
Icyampa Ubuntu bw’Imana namwe bukababaho, bana umunani bajya kumumurikira Imana kugira ngo basohoze
bato; kandi bityo mukaba abana bahawe umugisha, abana ibyavugwaga na Mategeko ya Mose. Aho ni mu gice cya 2,
badasanzwe batuye aha kuri uyu mubumbe w’Isi muri iki gihe umurongo 36 ugakomeza [Luka]:
4 DR. WILLIAM SOTO SANTIAGO UGUKURA KW’ABANA 9

“Hariho n’umuhanuzikazi witwaga Ana, mwene Ariko nta bundi marayika w’Uwiteka yongeye kwiyereka
Fanuweli wo mu muryango wa Asheri, yari umukecuru wa kera. Manowa cyangwa umugore we. Ubwo Manowa amenya ko ari
Amaze gushyingirwa yamaranye n’umugabo we imyaka irindwi, marayika w’Uwiteka.
noneho amara imyaka mirongo inani n’ine ari Maze Manowa abwira umugore we ati: ‘Ni ukuri turapfa
umupfakazi. Yahoraga mu rusengero aramya Imana, yiyiriza kuko turebye Imana’.
ubusa, asenga ku manywa na nijoro. Umugore we aramubwira ati: ‘Iyaba Uwiteka yashatse
Muri uwo mwanya na we araza ashima Imana, avuga kutwica, ntaba yemeye igitambo cyacu cyoswa cyangwa
ibya Yesu abibwira bose bari bategereje gucungurwa kw’i icy’amafu y’impeke, ntaba yatweretse ibyo byose kandi ntaba
Yerusalemu. (Yari arimo avuga nde? Yarimo avugaYesu). yatubwiye nk’ibyo muri iki gihe”.
Ababyeyi ba Yesu barangije ibyategetswe n’amategeko Ni ukuvuga ngo ntaba yababwiye ko bazabyara uwo
y’Umwami Imana byose, basubira i Galilaya mu mudugudu mwana. Igihe yavutse bamwise nde? Bamwise Samusoni. Yari
wabo i Nazareti. umwana udasanzwe, yari umwana Imana yasezeranije, ko
Nuko uwo mwana arakura, agwiza imbaraga, yuzuzwa agomba kuvukira aha ku Isi kandi akazasohoza umwanya
ubwenge kandi ubuntu bw’Imana bwari muri we”. ukomeye muri Gahunda y’Imana.
“UGUKURURA KW’ABANA”. Na none kandi ni na ko twumva Yohana Umubatiza na
Ugukura kw’abana ibi ni ngenzi cyane. Ni yo mpamvu we yari umwana udasanzwe, wazanywe no kugira ngo agire
mwe nk’abana muri mu gihembwe cy’ingenzi mu buzima uruhare asohoza rukomeye muri Gahunda y’Imana.
bwanyu, muri icyo gihembwe Ijambo mwe muba murimo Kimwe n’umwana Yesu na we, yari umwana udasanzwe,
mwumva riragenda rikagera mu bugingo bwanyu kandi yazanywe no gusohoza gahunda ikomeye muri Gahunda
rikigaragariza (aho rigahinduka umubiri mu bugingo bwanyu) y’Imana, nuko nyuma yaho agapfira ku Musaraba i Kaluvari,
kugira ngo mwere imbuto nyinshi, imbuto z’Imana; kimwe bityo yishyizeho ibyaha byacu byose.
nk’umwana Yesu, nawe, “yarakuraga akarushaho gukomera, Rero buri wese muri mwe namwe bana bato, muri abana,
agwiza ubuntu ndetse n’ubumenyi, mu maso y’Imana”. abana badasanzwe, mwese mwaje aha ku Isi muje gusohoza
Rero Mariya yigishaga Ijambo, akigisha Bibiliya, intego runaka y’Imana.
umwana Yesu, kandi iryo Jambo yabaga arimo yigishwa ni ryo Rero mumenye namwe ko hariho umugisha ukomeye
ryamuhaga gukomera nk’umwana Yesu; kubera ko Ijambo ugenewe mwe mwese kandi ko mugomba gukomeza gukura
ry’Imana ni ryo ridusubizamo imbaraga, kuko Ijambo ry’Imana atari ugukura mu gihagararo gusa cy’umubiri ufatika ahubwo
ni byo byokurya byo mu mwuka bigenewe ubugingo bwacu. mugakura no mu buryo bwo mu mwuka; mukarushaho gukura
Ni nk’ibyokurya bisanzwe: ibishyimbo, umutsima mu kugira ubumenyi bw’Imana no kumenya Imana na Gahunda
cyangwa se za chapati, ibyo kimwe n’ibindi byose abana Yayo, kandi mugakomeza gukura mugwiza imbaraga yaba mu
bakunda abana b’aha muri Repubulika ya Mexique, ibyo byose mubiri ufatika (ibyo mubihabwa n’ibiryo murya) ariko na none
bibasubizamo imbaraga mu buryo bw’umubiri ufatika: bikabaha mugakura no mu buryo bwo mu mwuka (ari ko kurya ibyokurya
gukomera kugira ngo mubeho, mubashe kujya ku mashuri, byo mu mwuka ndetse mukarushaho kurya Ijambo ry’Imana, ari
mufashe ababyeyi banyu; papa na mama; rero uko ni ko bimeze byo byokurya byo mu mwuka bigenewe ubugingo bwanjye
no ku byokurya byo mu mwuka, ari ryo Jambo ry’Imana, ni ryo
8 DR. WILLIAM SOTO SANTIAGO UGUKURA KW’ABANA 5

“Manowa arahaguruka akurikira umugore we, asanga Jambo risubiza imbaraga mu bugingo no mu mwuka ba bana
uwo mugabo aramubaza ati: ‘Mbese ni wowe wavuganaga bato, ndetse no ku rubyiruko n’abakuze na bo ni uko.
n’uyu mugore?’ Na we ati: ‘Ni jyewe’. Kubera ko “umuntu atabeshwaho n’umutsima gusa” ni
Manowa ati: ‘Ibyo wavuze nibisohora, mbese azaba ari ko Yesu yavuze ndetse n’umuhanuzi Mose yarabivuze, “ntabwo
muntu ki, cyangwa azakora iki?” umuntu yabeshwaho n’umutsima gusa, ahubwo yabeshwaho na
Rero ni ingezi kumenya uburyo bw’imibereho y’umwana, buri Jambo ryose rituruka mu kanwa k’Imana”1. Kandi akanwa
umwana uba waturutse ku Mana aje aha kuri uyu mubumbe k’Imana ni abahanuzi b’Imana.
w’Isi, Ijambo ryose rituruka mu bahanuzi b’Imana, basizwe
“… cyangwa azakora iki (ni ukuvuga uwo mwana)?. n’Umwuka w’Imana, iryo Jambo ni byo byokurya byo mu
Marayika w’Uwiteka abwira Manowa ati: ‘Ibyo nabwiye mwuka bigenewe ubugingo bwacu; kandi ni na byo bisubiza
uyu mugore byose abyirinde. imbaraga mu bugingo bwacu no mu mwuka wacu kugira ngo
Ntakarye ikintu cyose kivuye ku muzabibu, ntakanywe turusheho gukataza tugana imbere mu buzima kandi tugende
vino cyangwa igisindisha, habe no kurya ikintu cyose dukura dufite ubuzima bwiza bwo mu mwuka, turushaho
gihumanya. Nuko yitondere ibyo namubwiye byose’. gukorera Imana kandi bityo twakira ubumenyi bwa Gahunda
Manowa abwira marayika w’Uwiteka ati: ‘Udukundire Yayo igenewe igihe tuba twaragenewe kubamo.
ube ukiri aha, tukubagire umwana w’ihene’. Ndetse uko ni na ko abana na bo buzuzwa ubumenyi
Marayika w’Uwiteka abwira Manowa ati: ‘Naho kubera ko aho ni ho bahabwa ubumenyi bw’Imana, kandi
nakwemerera sinarya ibyokurya byawe, ariko niba ushaka bakakira Ijambo ry’Imana na Gahunda Yayo ijyanye n’igihe
gutunganya igitambo cyoswa, ukwiriye kugitambira Uwiteka’. baba barimo; uko ni na ko bahabwa n’ubumenyi bujyanye
Ariko ubwo Manowa yari ataramenya ko ari marayika n’amateka yose ya Bibiliya avuga ibyo Imana yakoze muri ibyo
w’Uwiteka. (ni ukuvuga ngo, Manowa yari ataramenya ko ari bihe byose byamaze gutambuka, ndetse bakamenya n’uburyo
Malayika w’Uwiteka). Imana yatumye abahanuzi, uburyo yavugiye mu bahanuzi,
Nuko Manowa abaza marayika w’Uwiteka ati: ‘Witwa uburyo yahamagaye ishyanga Ryayo, uburyo yacunguye
nde, kugira ngo ibyo wavuze nibisohora tuzagukurire ubwatsi?’ ishyanga Ryayo ry’abaheburayo ndetse n’uburyo yagiye ibaha
Marayika w’Uwiteka aramubwira ati: ‘Urambariza iki umugisha, kandi hagiye haba abana benshi mu baheburayo na
izina ryanjye, ko ari izina ritangaza?”. bo mu bihe byagiye bitandukana.
Mu bundi busobanuro biravugwa ngo: “ni izina rihishe”. Rero buri gihe haba hariho abana benshi kuruta abakuru.
“Nuko Manowa afata umwana w’ihene n’igitambo Kubera iki? Kubera ko mu rugo haba hariho ubusanzwe abantu
cy’amafu y’impeke, abitambira Uwiteka hejuru y’igitare. bakuze 2: papa na mama gusa, kandi hakaba hari 1, 2, 3, 4, 5,
Marayika aherako akora igitangaza, Manowa n’umugore we ndetse hari n’igihe habaho abana 9 ndetse na 12; ni ukuvuga ko
babireba. abo bana aba ari benshi, umubare wabo aba ari munini kuruta
Nuko ibirimi by’umuriro biva mu gicaniro bitumbagira uw’abantu bakuru.
mu ijuru, marayika w’Uwiteka azamuka mu birimi by’umuriro
w’igicaniro Manowa n’umugore we babireba, baherako bagwa
1
hasi bubamye. Matayo 4:4, Luka 4:4, Gutegeka kwa kabiri 8:3
6 DR. WILLIAM SOTO SANTIAGO UGUKURA KW’ABANA 7

Ni yo mpamvu rero abana bato baba bagomba umwana w’umuhungu (ibyo byanditse mu Abacamanza igice
kwigishwa. Kuko haratubwira ngo: “Igisha umwana, inzira cya 13). Nuko umugore wa Manowa yari ingumba, kandi
akwiriye kunyuramo; ni ukuvuga ngo igihe azamera (ate?) Manowa n’umugore we basengaga basaba umwana
azaba akuze (ni ukuvuga ngo ashaje; yakuze) ntabwo iyo nzira w’umuhungu; nuko Malayika w’Uwiteka arabiyereka, yiyereka
azayivamo”. (Ibyo byanditse mu Imigani igice cya 22, Manowa…
umurongo wa 6). Ntabwo azigera ava mu nzira y’Imana, ntabwo Malayika w’Uwiteka ni wa wundi Yesu Kristo ariko ari
azigera ava mu Ijambo ry’Imana, ni ukuvuga ngo ntabwo mu mubiri We wa tewofaniya ugaragara mu Isezerano rya Kera;
azigera ava ku Mana umuremyi w’Amajuru yose n’Isi; kandi ni umugabo, umumalayika, ariko wo mu yindi dimansiyo
iyo ni yo azakorera iminsi yose yo kubaho kwe, kabone nagera (ntabwo ari uwo muri iyi dimansiyo y’aha ku Isi), ahubwo aba
ubwo aba urubyiruko akaba mukuru ndetse ashaje; agendera ku ari mu mubiri We wo mu yindi dimansiyo (adafite n’umubiri
kabando, azakomeza kumenya ko umuremyi w’ Amajuru yose umeze nk’uyu wacu).
n’Isi ari Imana; akaba ari na Yo Mana Ye kuko ari na Yo Mana Rero yiyeretse umugore wa Manowa amubwira ko
imwe rukumbi, akaba ari na Yo Mana ya Aburahamu, Isaka na azabyara umwana w’umuhungu, nyuma yaho amubwira ko
Yakobo, rero iyo ni Yo mu Isezerano rya Kera yitwaga akwiriye kugira ibintu yirinda. Nyuma yaho ajya ku bitekerereza
Malayika w’Isezerano cyangwa se Yehova, naho mu Isezerano umugabo we, Manowa na we asenga Imana kugira ngo Imana
Rishya yitwa nde? Yitwa Umwami Yesu Kristo. Ni na We kandi yongere itume uwo Malayika agaruke, uwo mugabo, kubera ko
wa wundi wo mu Isezerano rya Kera akaba ari na We wo mu Manowa yifuzaga kuba yavugana na we.
Isezerano Rishya. Imana irongera ituma Malayika Wayo, Malayika
Rero abana baba bakeneye gukura atari ugukura gusa mu w’Uwiteka (uwo ni Imana ubwayo ariko iri mu mubiri Wayo wa
buryo bw’umubiri ufatika ahubwo bagakura no mu buryo bwo tewofaniya); nuko arongera yiyereka umugore wa Manowa, aho
mu mwuka; kandi abana baba bakeneye no gukomeza gukura no hari ku wundi munsi. Nuko we aragenda ajya guhamagara
gukomera mu bugingo bwabo no mu mwuka wabo, ibyo rero umugabo we Manowa, kugira ngo na we aze arebe Malayika
bikoreshwa Ijambo ry’Imana, ari byo byokurya byo mu mwuka ndetse avugane na we; nuko igihe yaje, Malayika yari akiri aho,
bigenewe ubugingo, ibyo ni ukugira ngo umuntu arusheho yari umugabo wo yindi dimansiyo.
gukomera, agire ubuzima bwiza bwo mu mwuka, arusheho Manowa aramubwira ati: “Ese ni wowe wa mugabo
gukunda Imana kandi ayikorera n’ubugingo bwacu bwose, wavuganye n’umugore wanjye wa munsi?”. Malayika
n’ibitekerezo byacu byose, n’imibereho yacu yose, n’imbaraga aramubwira ati: “Yego ni jye”.
zacu zose n’umwuka wacu wose; ibyo kandi buri gihe bigatuma Nuko aramubwira ati: “Ese tuzamurere gute uwo mwana
turushaho gukomeza mu nzira y’Imana, kandi tuyinezeza muri wabwiye umugore wanjye ko tuzabyarana?”. Nuko aramubwira
byose. ati: “Umugore wawe azitondere ibyo namubwiye byose
Rero murimo murumva akamaro ko kwakira inyigisho azabyirinde…”. Reka tuze tubyumve, reka twumve ayo mateka;
z’Ijambo, zihabwa abana, mu gihe baba barimo banyura muri agaragara aho mu gice cya 13 mu gitabo cy’Abacamanza,
icyo gihembwe cyo kuba ari abana bato. umurongo wa 11 ugakomeza, haravuga hati:
Habayeho umuryango w’abashakanye, ari bo Manowa
n’umugore we, basengaga Imana, nuko Imana irabasubiza ibaha

Das könnte Ihnen auch gefallen